Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora #NEC,Hon. Gasinzigwa Oda ari kuganira n’abayobozi b’Imitwe ya Politiki

Kuri uyu wa kane tariki ya 13/6/2024,ku cyicaro cy’Ihuriro #NFPO, hateraniye inama y’Inama Rusange yaryo. Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora #NEC,Hon. Gasinzigwa Oda ari kuganira n’abayobozi b’Imitwe ya Politiki, aho imyiteguro y’amatora ateganyijwe muri Nyakanga 2024 igeze


Abayobozi b’Imitwe ya Politiki yemewe mu #Rwanda, bashimye uburyo abanyarwanda bahisemo gukoramo amatora, kuko bukemura ibibazo biciye mu biganiro, bigatuma Igihugu gitekana. Imitwe ya Politiki iri mu Ihuriro #NFPO yiyemeje kutazatatira ayo mahitamo y’abanyarwanda.